Wednesday, July 23, 2014

Abakobwa bakundanye na Lil Wayne – Amafoto


Urutonde rw’ bakobwa bakundanye na Lil Wayne – Amafoto

Nyuma yuko hari hashize iminsi umukunzi w’ umuraperi Lil Wayne ubarizwa mu itsinda rya Young Money Cash Money Billionaire (YMCB) Christina Milian amenyekanye kuri ubu hagiye hanze urutonde rw’abakobwa umuhaniz Lil Wayne yaba yarakundanye nabo mu iminsi yahise uhereye kuwo bari kumwe muri iyi minsi.
Dwayne Michael Carter wamenyekanye cyane kumazina ya Lil Wayne ni umuhanzi ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’ amerika ukora injyana ya hiphop, akaba ari umugabo w’ imyaka 32 ndetse akaba afite abana 4 yabyaye ku abagore batatu batandukanye, akaba ariwe nyiri label ya young Money |Entertainment.
Dore urutonde rw’abakobwa Lil Wayne yakundanye nabo:
Adrienne Bosh
Karren Steffans
Megan Good
Skylar Diggins
Trina
Lauren London
Nivea
Antonia Toya Carter
Christina Milian

Thursday, June 12, 2014


DiplomateNyuma y’uko uyu mugabo avuzweho gukimbirana n’umuhanzi Fireman bapfa indirimbo Fireman yari yaririmbyemo koabasore bagize Tuff Gangs  bakubise inshuro Diplomate, kuri ubu yeruye avuga ko ntacyo apfa n’aba bose ndetse yongeraho ko ari mwarimu mu njyana ya Hip Hop.
Noor Fassassi
Ibi Diplomate yabivuze mu ndirimbo ye nshya yise “Indebakure” anatangamo ubutumwa bunyuranye bugaragaza ubuhanganjye bwe ndetse n’amagambo yuje ubwenge nk’uko abimenyereweho.diplomate for 4
Mu kiganiro Diplomate yagiranye na www.hillywoodstar.com yemeza ko ntamuhanzi numwe by’umwihariko umuraperi bakwiye kugirana ikibazo kuko nabo babizi ko ari mwarimu muri Hip Hop Nyarwanda: “Njye ntangazwa n’abaraperi bashaka kwitwa abami b’injyana kandi bataranayimaramo igihe runaka. Icyo njye nzi neza ni uko abantu bakuze babizi ko ndi umwami w’iyi njyana kuko ni njye watumye bakunda hip hop nyarwanda. Ibirenze kuri ibyo nabasaba abandi bashaka kuyiyoboka kunyigiraho nk’umubyeyi wabo kuko ntitwahuza rwose muri iyi njyana.”Diplomate-vows-to-revamp-his-music
Iyumvire hano indirimbo nshya ya Diplomate yise “Indebakure”
Diplomate  rw


Tuesday, June 10, 2014

Stephen Marley Lyrics: NO SMOKING CIGARET IN MA ROOM

Stephen Marley Lyrics

 


No cigarette smoking in my room
No alcoholic beverage in my room
Ju Ju gave me a boom draw dis afternoon
And I'm gonna get a next portion real soon

And I'll been gone for a while
Keep that perfect smile
Do your very best

And I'll been gone for a while
Keep that perfect smile
Do your very best

I'm a keep you warm, is cold outside
Protect you from the storm, the world outside
You know I love you baby
No need to worry about me

And I'll been gone for a while
Keep that perfect smile
Do your very best

And I'll been gone for a while
Keep that perfect smile
Do your very best

Tell me, what am I supposed to do?
While you got me sitting here waiting on you
Baby, hurry, hurry come back
And give me some lovin' this afternoon
'Cause I can't wait to see you smile
Could you stay a little while
And do the things that only lovers do
Tryin' not to think about
How I am gonna do without your touch, your touch
And I can't stop thinking about
The lovin' that I need now so much
And until you come back to me, there will be

No cigarette smoking in my room
None alcoholic beverage in my room (red wine and Guinness)
Gonna give you some good love this afternoon (afternoon)
And I am gonna get a next portion real soon (real soon)

Hey, get me some good love this afternoon (afternoon)
And I am gonna get a next portion real soon (how soon, how soon)
Give me some good love this afternoon (yeah yeah)
And I am gonna get a next portion real soon

Step into my room (soon)
Step into my room (baby let's dance)
Come closer to me



Lyrics Provided By: Jah Lyrics: Reggae Archives








Nas & Damien Marley – Distant Relatives (Review)

Distant Relatives is a collaborative effort by Rapper Nas and Reggae singer Damian Marley (Bob Marley’s son). Recorded with a live band, it’s a Reggae/Hip-hop hybrid which works rather well. Both had previously collaborated on the track “Road to Zion” from Marley’s album “Welcome to Jamrock,” and from thence came the idea for this. Most of the lyrics revolve around Africa, poverty, AIDS, the diamond trade without sounding corny or heavy handed and proceeds from the album will go towards building a school in an African country.
“Tribes at War” has African percussion, Arabic strings and a cameo from K’Naan. “Everyone deserves to earn, every child deserves to learn” sings Marley in his world weary delivery while K’Naan asks “I drink poison then vomit diamonds, I gave you Mandela, Black Dalai Lamas, I gave you music, you enthused in my kindness, so how dare you reduce me to Donny Imus?” Damien had previously appeared on the track “I Come Prepared” from K’Naan’s album Troubadour.
“Strong Will Continue” has a marching beat and electric guitars (with some semi-biographical rapping from Nas touching on his ex and alimony payments) while the beautiful and lilting “Leaders” features Damian’s brother Stephen. It sounds like a Bob Marley classic.
“Count Your Blessings” is a gently stomping horn-peppered number finding Marley thankful for love and assurance, new health insurance, strength and endurance, and urging us to do the same, while “Land of Promise” is a cover of a song by Dennis Brown featuring the Reggae legend himself. It is a slow burning Dub with lyrics seeing a new Africa with Ethiopia the capital.
“In His Own Words” features lovely jangly guitars, hand claps, a choir, and Stephen Marley again, and “Patience” is a beautiful ballad with a mournful lament for a chorus.
“My generation” has a children choir singing “My generation will make a change” with Joss Stone complementing the choir and Lil Wayne dropping a few verses telling us “This generation I’m a represent, a generation led by a black president… So when you finish reading Revelations, thank God for my generation.” Stone repays a favor as Nas appeared on the track “Governmentalist” on her Colour Me Free album.
Closing is the almost seven minute long “Africa must wake up,” a lush string-swathed slow burning Dub with another appearance from K’Naan and a great guitar solo. The lyrics teach us Africa is a land that gave the world the first architect, philosophers, astronomers, prophets, doctors, and from where all the world’s religions originated. This is my favorite song.
Production is largely handled by Damian whose talent Nas compared to Quincy Jones. As beautiful and moving as the music is, the lyrics are even deeper and educative. “We’re all distant relatives, no matter where you’re from, where you live, how near how far, Africa, China, Japan, Afghanistan, Israel, we’re all family” to quote Nas from “Africa must wake up.”


 

Damian Marley ft nas Patience (Sabali) Lyrics

 

 

Patience (Sabali) Lyrics
Nas

Ft: Damian Marley
Produced By: Stephen Marley

PYONG!
27
Follow Share
[Intro: Nas]
Here we are
Here we are
Yeah
This one right here is for the people

[Hook] x2
Sabali, sabali, sabali yonkote
Sabali, sabali, sabali kiye
Ni kêra môgô


[Interlude: Nas]
Hey yo D
Let's go all the way in on this one

[Verse 1: Damian Marley]
Some of the smartest dummies
Can't read the language of Egyptian mummies

An' a flag on a moon
And can't find food for the starving tummies
Pay no mind to the youths
Cause it's not like the future depends on it
But save the animals in the zoo
Cause the chimpanzee dem a make big money
This is how the media pillages
On the TV the picture is
Savages in villages

And the scientist still can't explain the pyramids, huh
Evangelists making a living on the videos of ribs of the little kids
Stereotyping the image of the images
And this is what the image is

You buy a khaki pants
And all of a sudden you say a Indiana Jones

An' a thief out gold and thief out the scrolls and even the buried bones
Some of the worst paparazzis I've ever seen and I ever known
Put the worst on display so the world can see
And that's all they will ever show

So the ones in the West
Will never move East
And feel like they could be at home

Dem get tricked by the beast
But a where dem ago flee when the monster is fully grown?

Solomonic linage whe dem still can't defeat and them coulda never clone
My spiritual DNA that print in my soul and I will forever Own Lord


[Hook] x2

[Interlude: Nas]
Yeah, Sabali. Thats patience. That's what the old folks told me
Discovering the World before this World. A World buried in time
Uncover with rhymes. It gets no realer

[Verse 2: Damian Marley]
Huh, we born not knowing, are we born knowing all?
We growing wiser, are we just growing tall?
Can you read thoughts? can you read palms?
Huh, can you predict the future? can you see storms, coming?
The Earth was flat if you went too far you would fall off
Now the Earth is round

If the shape change again everybody woulda start laugh
The average man can't prove of most of the things
That he chooses to speak of
And still won't research and find out
The root of the truth that you seek of
Scholars teach in Universities and claim that they're smart and cunning
Tell them find a cure when we sneeze
And that's when their nose start running

And the rich get stitched up, when we get cut
Man a heal dem broken bones in the bush with the wet mud

Can you read signs? can you read stars?
Can you make peace? can you fight war?

Can you milk cows, even though you drive cars? huh
Can you survive? Against all odds, now?

[Hook] x2

[Interlude: Nas]
It's crazy when you feed people the truth you don't know how they're gonna react
You're scared of wrong doers, people that just ignorant
You're scared of the truth, be patient for now

[Verse 3: Nas]
Who wrote the Bible? Who wrote the Qur'an?
And was it a lightning storm
That gave birth to the Earth

And then dinosaurs were born? damn
Who made up words? Who made up numbers?
And what kind of spell is mankind under?

Everything on the planet we preserve and can it
Microwaved it and try it
No matter what we'll survive it

What's hue? What's man? What's human?
Anything along the land we consuming
Eatin', deletin', ruin
Trying to get paper

Gotta have land, gotta have acres
So I can sit back like Jack Nicholson
Watch niggas play the game like the Lakers

In a world full of 52 fakers
Gypsies, seances, mystical prayers

You superstitious? throw salt over your shoulders
Make a wish for the day cuz
Like somebody got a doll of me
Stickin' needles in my arteries
But I can't feel it
Sometimes it's like 'part of me, but I got a real big spirit'
I'm fearless.... I'm fearless

Don't you try and grab hold of my soul
It's like a military soldier since seven years old
I held real dead bodies in my arms
Felt their body turn cold, oh
Why we born in the first place
If this is how we gotta go?

Damn

[Outro: Nas]
This goes to all the wisdom and knowledge seekers of the World
Sabali, Patience, yeah




JODY PHIBI

UMUHANZIKAZI JODY PHIBI

Jody ni umuhanzikazi wa hano mu rwanda umaze igihe kirekire aririmba kandi akaba azwiho kugira ijwi ritangaje kandi ryiza cyane bihebuje. nubwo ibikorwa bye bisa nkaho abakora music show biz hano mu rwanda batabiha agaciro cyane ariko abenshi bemeza banahamya ko ari umuhanzikazi ushoboye cyane kurusha benshi tubona babazamuye kandi ntacyo bamurush.





1 Day,1 Star , special                        Jody Phibi

Umuhanzikazi Jody, n'umwe mu bahanzi b´abakobwa bafite ijwi rihambaye, ubuhanga n'ibikorwa bishimishije, nubwo ari umwe mubakunze kugira imbogamizi zo kutagaragazwa nk´umukobwa ushoboye, uyu muhanzi ntiyacitse intege ahubwo yarushijeho gukora. yatangiye umuziki awukorera muri BMCG kwa Barick, akaba yarahakoreye zimwe mu ndirimbo ze zamenyekanye nka Ninjye Nawe, Twishimane, ndi fière n'izindi, yahavuye nyuma y'imyaka ibiri bakorana aza gukorana na producer. Nicholas bakoranye Niki ntakora n'izindi, Jody ariko ngo umuziki we ntugira umupaka, niyo mpamvu yisunze n'abandi ba producers batandukanye akorayo indirimbo nka. Ndacyashidikanya, Nyambika Impeta , ni umwe mu bakobwa bafite ijwi rikunzwe kwifashishwa muri za featuring, yakoranye na all hip hop stars, Na Tactic, True D, na Auddy Kelly ( muri Sinzagutererana)etc.... 

  


Ubuhanga bwe bwamuhesheje kandi amahirwe yo gufashwa na Label zitandukanye nka Virtua. -Artiste ( France) Nelly's diamonds (Belgium) aho ari mu mishinga itandukanye nka "Ihorere Project" na Platinum Ent ( Uganda) aho akorerwa ibikorwa bitandukanye,promotion, managment na marketing, Audios na videos . Indirimbo ze nshya zasohotse kuri EP ye " Tenderness" yakorewe muri Platinum Ent.Tenderness akaba ari indirimbo ye nshya yasohokanye n'amashusho yayo, ndetse iki cyumweru akaba yasohoye Version yayo ya kabiri hamwe na new Single ye yitwa " Better than them". Muri Platinum ikaba ariho akorera ubu. Jody afite umwihariko wo kuba yaririmba mu kinyarwanda, icyongereza ,i giswahiri n'izindi ndimi ashoboye. Ibikorwa birakomeje kandi yiteguye kwerekana itandukaniro rye n'abandi.


Monday, June 9, 2014

UMUHANZI MASAMBA

Yitwa Msamba Intore ni uwa Sentore, akaba ari umuhanzi ubimazemo igihe kinini kane, wabivukiyemo muri make nkuko yabitubwiye doreko yagiye kuri scene afite imyaka 6, ahimba indirimbo indirmbo ye ya mbere afite imyaka 13, kandi ngo na Se ari umuhanzi na Sekuru yari umuhanzi witwaga Munzenze abenshi bakaba bamuzi i Nyaruguru.


Ubuzima:

Masamba ni umubyeyi ufite abana bane, abakobwa babiri n’abahungu babiri. Masamba yavukiye i Bujumbura mu Ngagara, mu mwaka wa 1968, avuka mu muryango w’abana 9 Masamba akaba ari uwaka 4, umwe niwe witabye Imana abandi bose baracyahari. Yize amashuri ye mu Ngagara muri ecole protestante, ayisumbuye ayiga i Bujumbu na Bacc 1 i Bujumbura yiga Psycologie et science de l’education, akomeza nubuhanzi bwe aho yarari mu buhungiro, kugeza ubwo yaje kujya ku rugamba rwo kubohoza i gihugu.

Ubuhanzi:

Masamba nkuko yabitangarije, ubuhanzi ngo yabutangiye akiri muto kuko Se yari umuhanzi ukomeye cyane waririmbaga i Bwami kwa Rudahigwa, Masamba afite imyaka 5 yatangiye kubyina, yigiyeho imbere mu mwaka 9 atangira guhamiriza, ageze imyaka 11 nibwo yatangiye ubuhanzi bwo kuririmba, aho yaririmbaga mubasaveri anaherekeza amakorali kuririmba akabivanga nibyo Se yamwigishije, ku mwaka 14 nibwo yahimbye indirimbo ye ya mbere umubyeyi we aramukosora. Msamba yatubwiyeko ku mwaka 6 hari ahantu Se bamutumiye aramuherekeza ngo arabyina cyane abantu barishima. Aho mu Ngagara kandi ngo  Masamba yari umutoza w’itorero ryari rihari aho mubuhungiro.


Masamba ngo indirimbo yambere yahimbye yitwaga “Ndi uwawe” ikaba igiye gusohoka kuri alubumu ye azasohora vuba, ariko ngo mu ndirimbo nyinshi yahimbye izakunzwe cyane harimo “Wirira”, “Ari hehe”, “Urugo ruhire”, na “Ibimbabaza”. Ngo kubijyanye n’injyana (Style) we ngo injyana yatojwe kandi yize neza ni injyana ya gakondo y’umwimerere, indirimbo ziwacu z’u Rwanda hose uhereye iburasirazuba, amagepfo nutundi duce twose tw’u Rwanda. Gusa ngo Masamba mubusore bwe yakundaga Regge, ikizuru na West Afro Music yaba Yusundu, Isimayelo na Sefi Keyita, aho mu bwana bwe yakundaga gusubiramo indirimbo zaba Bob Marley nabanndi baririrmba murizo njyana.
Kubijyanye no gucuranga ngo Masamba azi gucuranga Inanga kandi ninacyo gicurangisho cya Muzika akunda cyane, azi kandi kuvuza ingoma za Kinyarwanda, ngo azi kandi no gucuranga Gitari ariko bitari cyane. Masamba kandi ngo ashobora kuririmba mu rurimirw’igifaranga, icyongereza, hamwe n’igisuhwali, gusa ngo ntago abikunda akunda kuririmba mu rurimi rw’ikinyarwana kuko ariwo rumufasha gusobanura neza inganzo ye mundi z’amahanga.
Masamba ngo amaze kujya mu ma festival zo ku rwego rwo hejuru zirenga 80 zagiye zibera mu bihugu bitandukanye harimo izabereye mu Bwongereza Festival yitwa Umadi, Festival ya Matafu muri Isiraheli, Festival ya Myoroke muri Esipanye, mu Bufaranga, mu Budage, mu Bubiligi mubihugu bya Carabie bya Martine Festival ya Afro Jazz, Festipam muri Congo Brazza nahandi, Naho ngo Awards hariyo yaboneye mu Bubiligi niyo yahawe inaha mu Rwanda kubw’indirimbo “Nyeganyega” hamwe naza reconnaissance nyinshi yagiye abona. Aherutse kandi mubuSuwisi muri centre culturelle ya Zirike, muri Afurika yepfo aho yakoranye na Soetto Gospel Choir indirimbo “Abiwacu muraho”.
Masamba kandi ngo yanagaragaye akina anaririmba muri Theatre yamenyekanye cyane ku mugabane w’ubirayi yitwa “Rwanda 1994” ivuga amateka y’u Rwanda kuri Jeneside yakorewe abatutsi. Masamba ngo niwe wihimbira indirimbo ze texte (Lyrics) na melody gusa nta lebel agira nubwo mu minsi ya vuba ara afite lebel ye izitwa “Gakondo Lebel”, Gusa ngo aba producer akunda gukorana nabo kandi yemera harimo Aaron Tunga, Pastor P na Bob. Ngo indirimbo Masamba afite zikabakaba 165 hakaba nizo Se yasize nazo mu minsi ri imbere azajyana mu studio akazikora.

Dore indirimbo 3 Masamba kuriwe yadutangarije ko akunda cyane kurusha izindi “Wirira”, “Urugo ruhire” na “Dushengurukanye isheja”. Masamba kandi nawe wahimbye indirimbo “Ihorere Rwanda” yakoreshejwe mu Kwibuka twiyuka ku nshuro ya 15.
Naho kubahanzi ngo murikano karere Masamba akunda Kidumu cyane banakoranye indirimbo, akunda Camilione wa Uganda, naho ku isi akunda Djibanje, Yusundu, Ismalo, Silifi Keyita, Bob Marley.
Imbogamizi abona mu muziki nyarwanda harimo aba Producer, kuba hari ma studio atari ku rwego rwiza hari n’abahanzi bandika teste idafite message nziza cyane. Masamba kandi yanavuzeko abanyamakuru nabo hari igihe bagora abahanzi cyane abakora mugice cy’imyidagaduro.

Ubyo akunda:

Masamba ngo akunda kurya ibiryo gakondo (Ibihaza, ibishyimbo, amadegede, imyumbati,amateke), kwambara akunda kwambara ibinyafurika (Ibitenge, amabubu) cyangwa ama Jeans ngo ntago akudna amakote, naho siporo ngo akunda ni ukugenda n’amaguru (Marche). Masamba kandi ngo yo ari mu rugo akunda gutemba, akanakunda kureba amakuru yose abaho ku isi avugwa. Ngo akunda kandi no gucuranga akanaryama kare nibura ntarenze saa tatu zijoro atararyama.  Ngo ikintu cyamubabaje mu buzima bwe ni urupfu rwa Se naho icyamushimishije ni igihe Perezida w’u Rwanda yabasuyekuri Mille Collines muri Gakondo concert.

ADM INZOZI











Friday, May 30, 2014

AMAVU N'AMAVUKO KU ITSINDA RYA STAFF WARRIORS

AMAVU N'AMAVUKO Y'ITSINDA RYA ''STAFF WARRIORS''

''staff warriors'' ni itsinda ry'abasore babiri ba hano mu mugi wa kigali.rikaba ryaratangiye ibikorewa byarwo bya muzika ahagana mu mwaka wa 2008.aba basore rero nibwo baje guhura bahurira mu kigo c'amashuli yisumbuye(secondary) cya ESSI NYAMIRAMBO hazwi kw'izina ro kwa GHADAFI.

 
                          old king


                                                    the ro-jazzy

aba basore rero bahuriye muri icyo cyigo aho buri wese yaje avuye ku kindi kigo aho uwo bita KANZIRA ROGERS aka THE RO-JAZZY yaje avuye ku kigo cyo mu byimana bita E.S.M(Ecole secondaire de mukingi)aho yajri avuye amaze kwirukanwa burundu kuri icyo cyigo azira kuba yarazwiho kutikoza ikigo kd akibamo ahubwo we akaba asa nuwarumenyerewe hanze yacyo mu bintu byo gutegura ibirori by'abanyeshuri(SPECTACLE) biba bikunzwe cyane.


 

nyuma nibwo yaje gutangira muri cya cyigo twavuze haruguru aza guhuriramo nundi musore bita NTAKIRITIMANA SALUM aka OLLD KING.bakimara guhurira muri icyo cyigo dore ko bari basanzwe banaziranye muri hood aho bakuriye hamwe barifatanya ku gitekerezo cyaturutse kuri THE RO-JAZZY ntago batinze kuko nyuma yigihe gito cyane bahise bajya muri studio gukora indirimbo bwa mbere aho berekeje muri studio ya GHETTO SOUND kwa dj PUNDA.

 

indirimbo basohoye bwa mbere bayise BABY IZO MONEY aho batangaga inama kuri bashiki babo babona nta mafaranga bafite abacyemurira ibibazo byabo bagahitamo inzira z'ubusambanyi kandi nyamara bitari bikwiye. nyuma yaho baje gukora indi ndirimbo muri studio bita NARROW LOAD STUDIO EMPIRE bayikorerwa na producer BENJAH.

guhera icyo gihe ahagana mu mwaka wa 2011,clew yabo nibwo yaje gusa nkaho icitse intege kandi nyamara ari abasore bari baje neza muri music hano mu rwanda bitewe n'impamvu z'amasomo bari bahugiyemo aho buri wese yarari kurangiza amashuri yisumbuye.

 

ntwabibutsa yuko uwo bita THE RO-JAZZY yarangirije mu kigo cya APACE aho yigaga computer science and managment naho OLD KING yarangirije aho bita kuri ETAK aho yarangirije mwishami rya ELECTRICITY AND TELECOMMUNICATION.

tukaba rero tukiri kubashakira neza birambuye amavu n'amavuko yabo igihe tuzayabonera birambuye tukazabakomerezaho nandi makuru menshi atandukanye kuri bano basore.

Inzozi z'iurubyiruko(IWACU)